Mu Rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa hakomeje kubera urubanza ruregwamo Bucyibaruta Laurent wahoze ari Perefe wa Gikongoro humviswe abatangabuhamya barokorotse Jenoside bavuga ko...
Ubwo yasabwaga kwiregura ku byatanzwe mu buhamya bw’abavuga ko yabakoresheje inama zitegura kwica Abatutsi bari bahungiye muri Paruwasi ya Kibeho no mu bice binyuranye bya...
Nsanzuwera François- Xavier, wahoze ari Umushinjacyaha wa Repubulika hagati ya 1990- 1994 ni umwe mu mpuguke zitabajwe mu rubanza rwa Bucyibaruta, yemeza ko Jenoside yakorewe...
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe mu Rwanda hagati y’1992 na 1993, Dr Nsengiyaremye Dismas yahawe umwanya wo kugira icyo avuga kuri Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa...
Umuyobozi wungirije wa Ibuka mu Karere ka Nyamagabe yemeza ko umugambi wo kwica abatutsi no kumaraho mu cyahoze ari Perefagitura ya Gikongoro wanogerejwe mu ngoro...
Itsinda ry’abadepite bamaze iminsi bari mu karere ka Musanze, bagaragarije ubuyobozi bw’aka karere ko kimwe mu bibazo bahabonye kibangamiye abaturage ari imiyoboro y’amazi itagikora mu...
Bamwe mu borozi bo mu Mirenge itandukanye yo mu karere ka Nyagatare, barataka ukutagira amazi ahagije yo kuhira Inka bagasaba ko uburyo bwahozeho mbere bwo...