Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry atangaza ko abana b’abakobwa basambanywa ku kigero cya 95,6 naho ab’abakobwa bagasambanywa ku kigero cya 4,4%, ni mu...
Abivuriza i Gatagara bashima ubuvuzi bahabona, bagasaba ko Mituweli yakoreshwa muri serivisi zose Bamwe mu bivuriza mu Bitaro bya Gatagara basaba ko Mituweli yabafasha kubona...
Utudege duto tuzwi ku izina rya Drone dufasha kugeza amaraso ku barwayi bayakeneye mu bitaro Dr Thomas Muyombo, Umuyobozi w’Ishami ryo gutanga amaraso mu Kigo...
Dr Gishoma Darius, ushinzwe serivisi z’ubuzima bwo mu mutwe muri RBC (Hagati), ACP Rutikanga Boniface, Umuvugizi wa Pilisi (i Buryo) na Mufurukye Fred, Umuyobozi mukuru...
Raporo y’igituntu ku isi igaragaza ko u Rwanda rwateye intambwe ishimishije mu kurwanya indwara y’igituntu mu baturage, aho ubwandu bw’iyi ndwara bwagabanyutse ku ijanisha rya...
Igikorwa cyo gukingira icyorezo cya Marburg cyahereye ku baganga, abacyanduye bari mu bitaro ndetse n’abahuye n’abacyanduye, nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’ubuzima (Minisante) Mu kiganiro n’abanyamakuru,...