Inka 10 nizo zagabiwe imiryango 10 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Karere ka Gakenke Abagabiwe inka n’Itangazamakuru bo mu Karere ka Gakenke bahamya...
Leta irakora ibishoboka ngo abaturage bo mu gihugu hose babone amazi meza bityo bagire ubuzima bwiza Umugenzuzi w’Imari ya Leta Bwana Kamuhire Alexis atangaza ko...
Uyu ni umubu utera Malariya, bivugwa ko wiyongereye ari cyo cyateye izamuka ry’iyi ndwara Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima (RBC) gitangaza ko cyafashe ingamba zo guhashya...
Ikitarishe Abanyarwanda mu myaka 31 ishize cyabateguriye guhangana n’ibiri imbere- Kagame Perezida Kagame arageza ijambo ku Banyarwanda n’abanyamahanga mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya...
Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, urwego rw’ubujurire, rwakatiye Hategekimana Philippe uzwi ku izina rya Biguma igihano cy’igifungo cya burundu, ni nyuma yo kumuhamya...
Mu kwisobanura kwe imbere y’inyangamugayo z’urukiko rwa Rubanda rw’I Paris mu Bufaransa n’imbere ya perezida w’urukiko, Biguma yagaragaje ko Jenoside yakorewe Abatutsi itateguwe, ko ahubwo...
Abaturage bo mu murenge wa Ntyazo, by’umwihariko abarokokeyen’ababuriye ababo ku gasozi ka Karama, ntibanyuzwe no kuba Bigumaataburanishwa ku bwicanyi bwahakorewe. Hategekimana Philippe Manier uzwi nka...
Umwe mu batangabuhamya waburiye umuryango we wose muri ISAR-Songa akarokoka ari umwe mu nda ya se nyina atangaza ko Hategekimana Philipope uzwi ku izina rya...
Mu rubanza rwa Hategekimana Philippe uzwi ku izina rya Biguma rukomeje kubera mu Rukiko rwa Rubanda rw’I Paris mu Bufaransa, umutangabuhamya wari n’umujandarume icyo gihe...
Ubwo Hategekimana Philippe uzwi ku izina rya Biguma yatangiraga kuburanishwa n’urukiko rwa Rubanda rw’I Paris mu Bufaransa mu rwego rw’ubujurire, yabwiye perezida w’urukiko ko atemera...